Your Fullname
*
Email
*
Message Title
*
Write in The Area Bellow your message!
Enter Your Validation Code:
* CAPTCHA image
   
mutangana  SaysOn: 2010-03-03 20:18:17
Message Title:  notification
Message:

Nyakubahwa, nyuma y'uko kubona akazi muri iki gihugu bisabaibyangombwa bitandukanye (extrait du casier judiciaire, 2 diplomes, att.medical, 2 photos passeports), hakwiye ingamba z'uko abantu batabaye selectionné bajya basubizwa documents zabo, kuko ziba zabahenze bazirukaho, byibuze ntibasesagure amafaranga basubira kwa noteri cyangwa kuri parquet/kwa muganga. naho kubyohereza kwa Angelina Muganza cyangwa kwa DAF wa company/institution ikeneye abakozi, harimo isesagura no gutesha abantu umwanya. none se izo diplome bazimaza iki igihe uwayidepoje atabaye selected/shortlisted. Mwadufasha naho ubundi mwagira ngo abantu ni abakire ku buryo bahora basesagura amafaranga kwa noteri/parquet/muganga, batazi neza ko bazanatsinda. byaba byiza basubijwe ibyo byangombwa bakabijyana n'ahandi aho kubibika cg kubitwika. hakwiye etude igaragaza nyiri ukubibika icyo abimaza, naho ubitwika we ntaba ari muzima kuko ari muzima mu mutwe yatekereza ukuntu bihenda ba nyirabyo akabibasubiza. mugire akazi keza.
-----------------------------------

ku biro byanyu tuhasanga abaturage benshi bazana ibibazo, ese mu nzego z'ibanze ntihaba harimo icyuho cy'uko zidashoboye akazi, hakwiye intumwa z'umuvunyi ku rwego rw'umurenge/akarere nk'uko zimwe muri institutions za leta nazo zifite abazihagararira. Ibibazo biri mu baturage n'uko inzego z'ibanze zitabikemura ni echec igaragaza imikorere mibi. hiyongeraho ukwegura kw'abayobozi, ngo ku mpamvu zabo bwite but iyo bajyaho/batorwa ntibavuga ko batowe ku mpamvu zabo bwite. tubigenze gute se nyakubahwa? Ni akumiro pe.
murasampongo  SaysOn: 2009-12-22 21:16:12
Message Title:  gutabaza
Message:

Muraho murakomeye. maze gukurikirana iby'inama y'umushyikirano. numvise hari ibitaravuzweho but bishobora gusobanurwa n'urwego rw'Umuvunyi. Ibyo birebana no kubona akazi muri iki gihugu. Mu minsi ishize MINALOC yabajijwe na AUDIT uburyo itanga amatangazo y'akazi, na budget bigendana, abakozi bakamenyeshwa ko batsinze. kugeza ubu umwaka wararenze abo bakozi batarajya mu myanya batsindiye. MINALOC ishinzwe imiyoborere myiza mais nayo ikwiye kunyuzwamo umweyo, nk'uko Perezida wa Repubulika akunze guhindura abandi bayobozi bakuru. MINISITIRI wenyine ntabwo aba ahagije gukurwaho, barebe no mu bamwungirije ba hafi niba atariho ikibazo kiri.

Imibereho y'abana bo mu muhanda iracyari mibi, niba bafite b'uburenganzira bwo kuba mu muhanda ntawabimenya.

Abantu bafatwa na polisi ikabajyana i Gikondo kwa Kabuga bari bakwiye kumenyeshwa, k'uko itegeko rihana ibyaha ribivuga, icyo bafungiwe mu gihe kigenwe n'amategeko, bityo bakaburanishwa aho kubicisha inzara. None se gufata umugore wanze kuba indaya agahitamo kwikorera agataro, warangiza ukamubanisha n'indaya zakusanyijwe mu MIGINA na SODOMA, harya iyo basohotse mo baba bafite iyihe mico, psychologically speaking? de meme pour les jeunes alcooliques n'abagurisha inkweto/imyenda mu mugi na nyabugogo.

Hakwiye abahanga biga impact politique y'imibereho y;abo bantu bavangirwa hamwe.

Mugire akazi keza.
BARIRWANDA Samuel  SaysOn: 2009-12-16 09:38:03
Message Title:  My right to do Medicine at NUR
Message:

Dear Hon.Ombudsman,I am a student at National University of Rwanda in the faculty of Medicine but recently after accomplishing my first year, the Academic Vice Rector write me a letter which says that I have attended class in medicine without authorization while I have been oriented in Applied sciences.This is not true because since I get this opportunity of doing my studies in University I have never been oriented in that faculty.
In fact, I have completed my secondary studies with distinction of 7.5 in Biology and Chemistry(Biochimie) in 2005.My registration number is 07/19921 and I have done my EPLM studies as well.At the end of the academic year 2007 we have got our orientations and mine was Medicine.Unfortunately,in 2008 I have suspended my studies with authorization as required by the NUR regulation. In February 2009,I have got the permission to be integrated in my faculty as I has demanded it in August 2008.Since then I have been registrated in medicine as well.The class lists have been published in July and I missed my name. I joined the registrar office and they supply the additional list to the faculty, but my name has never appeared at the faculty.Always the registrar office shows me that I am on the list.During deliberation period, I have not been deliberated because of some marks where not provided by my teachers. For the second time,they inform me that I will not be deliberated because of not being at the class list. I come to follow up this problem and the registrar gave me a paper justifying that I am a student of medicine.Arriving at the faculty, they told me that my problem should be solved by the Academic Vice Rector who answered me that I am not a medical student.Yesterday, I have sent my problem to the Rector,however I have only to days for registration for academic year 2010 and if the problem do not be solved at time I am the only looser even if it is not my faults and I am still waiting for answer but I inform you for not being victim of my right violation. If you don't mint I may send you allow documents justifying this and I kindly hope my request will be considered and I thank you for your protection to our rights.
First Prev ( Page 1 of 4 )NextLast