| Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi barahiriye kuzuza neza inshingano zabo |
| Kuwa: 2010-09-09 16:41:42 |
Nk’uko byasabwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu ibaruwa yo ku wa 30/08/2010 yandikiye inzego zitandukanye z’imirimo ya Leta azisaba ko abayobozi mu Nzego za Leta n’Abakozi ba Leta barahira, ku wa gatanu tariki ya 03/09/2010, Umunyamabanga Uhoraho, Abayobozi b’Amashami n’Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi barahiriye imbere y’Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA n’Umuvunyi Wungirije ushinzwe ishami ryo gukumira no kurwanya ruswa kuzuza neza inshingano bashinzwe. Indahiro y’Abayobozi b&rsqu....
|
| Urubyiruko rw’abanyeshuri ba KIST na SFB mu rugamba rwo kurwanya ruswa. |
| Kuwa: 2010-08-12 15:13:25 |
|
Ku wa kane tariki ya 05/08/2010 mu cyumba cy’inama cy’ ishuri Rikuru ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga rya Kigali (KIST) habereye ikiganiro nyunguranabitekerezo kuri ruswa cyahuje abanyeshuri bo mu ishuri Rikuru ry’Ubumenyi n’ Ikoranabuhanga rya Kigali (KIST) n’ ishuri ry’Imari n’ Igenamigambi (SFB) bari mu ihuriro rishinzwe kurwanya ruswa.Iki kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “ubukene butuma habaho ruswa”
|
| URWEGO RW’UMUVUNYI MU MABANKI |
| Kuwa: 2010-08-19 16:53:12 |
|
Zimwe mu nshingano z’Urwego rw’Umuvunyi nk’uko ziteganijwe mu ngingo ya 3 y’Itegeko n°17/2005 ryo ku wa 18/08/2005 rihindura kandi ryuzuza itegeko n° 25/2003 ryo ku wa 15/08/2003 rigena imiterere n’imikorere y’Urwego rw’Umuvunyi ni : « gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo mu nzego z’ubutegetsi bwa Leta n’izigenga ; -« kugira uruhare mu guteza imbere ubuyobozi bwiza mu nzego zose, rwerekana ko imikorere n’imikoranire y’inzego itandukanye, bitewe n’uko inyuranyije n&rs.... [ Soma inkuru yose ] |
| First Prev ( Page 13 of 15 )NextLast |