| 2013, UMWAKA MUSHYA, UMWAKA W’IBIKORWA BYINSHI” UMUVUNYI MUKURU |
| Kuwa: 2013-01-08 14:00:16 |
2013, UMWAKA MUSHYA, UMWAKA W’IBIKORWA BYINSHI” UMUVUNYI MUKURU Ku wa gatanu, tariki ya 5 Mutarama 2013, Urwego rw’Umuvunyi rwizihije umwaka mushya , uwo muhango ukaba waratangijwe n’inama yahuje abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi n’Abavunyi , bakaba bararebeye hamwe ibyagezweho muri 2012 banashyiraho ingamba za 2013. Umuvunyi Mukuru, Cyanzayire Aloysie mw’ijambo rye akaba yaribukije abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi gukomeza kurangwa n’ubunyangamugayo ndetse n’ukuri mu kazi kabo ka buri munsi ndetse ....
|
| Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya ruswa wizihirijwe mu Rwanda ku rwego rw’Afurika |
| Kuwa: 2012-12-11 14:39:00 |
Tariki ya 9 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Muri uyu mwaka wa 2012, uwo munsi wizihirijwe mu Rwanda ku rwego rw’Afurika ukaba wari ufite insanganyamatsiko igira iti «Guharanira Afurika itarangwamo ruswa». Uwo munsi nibwo hasojwe icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu Rwanda cyatangiye tariki 05 Ukuboza 2012. U Rwanda rwatoranijwe kubera intambwe rwateye mu gukumira no kurwanya ruswa. Niyo mpamvu, mu bitabiriye ibirori by’uwo munsi, uretse abahagarariye inzego n’ibigo bitandukanye byo mu Rwanda, harimo intumwa ziturutse mu bihugu by’Afurika nka Sudani y’....
|
| INTEKO ISHINGAMATEKA Y’IGIHUGU CY’U BURUNDI YASUYE URWEGO RW’UMUVUNYI |
| Kuwa: 2012-10-01 12:35:42 |
Intumwa 9 ziturutse mu Nteko Ishinga Amateka y’Igihugu cy’u Burundi ziyobowe na Hon. Bararufise Marcelline ziri mu ruzinduko rw’iminsi itanu mu Rwanda. Tariki ya 24 Nzeri 2012 bakaba barasuye Urwego rw’Umuvunyi. Intego y’uru rugendo ikaba ari gusobanukirwa na politiki yo kwegereza ubuyobozi abaturage. Umuvunyi Mukuru w’umusigire Bwana Nzindukiyimana Augustin akaba yarabasobanuriye imikorere y’Urwego rw’Umuvunyi cyane cyane uburyo rukoresha bwo gukemura ibibazo by’abaturage babasanze aho batuye mu Mirenge , akaba yaravuze ko bikorwa hari ubuyobo....
|
| First Prev( Page 1 of 15 )NextLast |