| Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA yatorewe kuyobora EAAACA |
| Kuwa: 2010-03-25 11:18:52 |
|
18/03/2010 : Umuvunyi Mukuru yatorewe kuyobora EAAACA mu nama yabereye i Kampala Kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 20 Werurwe 2010, i Kampala mu Gihugu cya Uganda hateraniye inama y’abayobozi bakuru ba EAAACA (East African Anti-corruption Authorities). Muri iyi nama, Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA akaba yaratangiye manda ye y’imyaka ibiri yo kuyobora inama y’abayobozi bakuru b’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu by’u Burundi, u Rwanda, Kenya, Tanzaniya na Uganda. Umuvunyi Mukuru akaba yarahawe iyi manda nyuma....
|
| IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE |
| Kuwa: 2010-03-24 12:31:13 |
|
IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE Kwakira abaturage nk’uko bisanzwe kuwa mbere no kuwa gatatu wa buri cyumweru;
|
| Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi mu cyumweru cyo ku itariki ya 03/03/2010 |
| Kuwa: 2010-03-24 10:45:54 |
|
Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ni 57 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira : Ibibanza n’imiturire : (11.90%) Umurimo : (7.14%) Ibigo by’ubwishingizi : (4.76%) Ibindi : (11.90%) Nk’uko bigaragazwa n’iri sesengura ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Iki cyiciro na cyo gishobora kugabanywamo utundi twiciro dutatu dutoya ku buryo bu....
|
| First Prev ( Page 2 of 3 )NextLast |