Alternate_img
The Latest News Are Listed From Most Recent To Oldest Kinya
Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA yatorewe kuyobora EAAACA
Kuwa: 2010-03-25 11:18:52


18/03/2010 : Umuvunyi Mukuru yatorewe kuyobora EAAACA mu


nama yabereye i Kampala


Kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 20 Werurwe 2010, i Kampala mu Gihugu cya Uganda hateraniye inama y’abayobozi bakuru ba EAAACA (East African Anti-corruption Authorities).


Muri iyi nama, Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA akaba yaratangiye manda ye y’imyaka ibiri yo kuyobora inama y’abayobozi bakuru b’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu by’u Burundi, u Rwanda, Kenya, Tanzaniya na Uganda.


Umuvunyi Mukuru akaba yarahawe iyi manda nyuma....
[ Soma inkuru yose ]

IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE
Kuwa: 2010-03-24 12:31:13


IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE


Kwakira abaturage nk’uko bisanzwe kuwa mbere no kuwa gatatu wa buri cyumweru;


  • Gukurikirana ibibazo mu Turere twa Gasabo na Kicukiro harebwa impamvu ubuyobozi budafasha abaturage kugira ngo bikemuke;

  • Gukora raporo y’ibyavuye mu gikorwa cyo kwakira ibibazo cyakorewe mu mirenge igize uturere twose usibye Umujyi wa Kigali;

  • Gutanga ibiganiro mu mashuri yo mu Mujyi wa Kigali.

  • Muri iki cyumweru hateganijwe kandi i....
    [ Soma inkuru yose ]

Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi mu cyumweru cyo ku itariki ya 03/03/2010
Kuwa: 2010-03-24 10:45:54


Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ni 57 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira :
Ibibazo byerekeranye n’imanza : (57.14%)


Ibibanza n’imiturire : (11.90%)


Umurimo : (7.14%)
CSR : (4.76%)


Ibigo by’ubwishingizi : (4.76%)


Ibindi : (11.90%)


Nk’uko bigaragazwa n’iri sesengura ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Iki cyiciro na cyo gishobora kugabanywamo utundi twiciro dutatu dutoya ku buryo bu....
[ Soma inkuru yose ]

First Prev ( Page 2 of 3 )NextLast