| URWEGO RW’UMUVUNYI RWAHAYE INKA ABACITSE KW’ICUMU RYA JENOSIDE BA KADUHA |
| Kuwa: 2012-03-29 08:14:00 |
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24/03/2012 Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi barangajwe imbere n’abayobozi babo n’inshuti z’Urwego rw’Umuvunyi basuye abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi yo muri 1994 mu Murenge wa Kaduha Akarere ka Nyamagabe. Uru ruzinduko rukaba rwari rugamije kubakomeza mu gihe Igihugu cyacu kigiye gutangira icyunamo cyo kwibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Mu ijambo ry’ikaze, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa KADUHA yashimiye Leta y’u Rwanda irangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa ....
|
| URWEGO RW’UMUVUNYI RWASUYE IBIRO BY’UMUJYI WA KIGALI |
| Kuwa: 2012-03-21 10:12:46 |
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Werurwe 2012, abayobozi n’ abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi basuye ibiro by’Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kumenya aho ishyirwa mu bikorwa ry’igishushanyombonera rigeze ndetse n’uburyo iyimurwa ry’abaturage kubera inyungu rusange rikorwa kuko biri mu bibazo Urwego rw’Umuvunyi rwakira. “Twashakaga kumenya aho umujyi wacu ugeze mu iterambere.” Ibi bikaba byaratangajwe n’Umuvunyi Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya akarengane Kanzayire Bernadette. Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa K....
|
| URWEGO RW’UMUVUNYI RWA KENYA RWAKOZE URUGENDO SHURI MU RWANDA |
| Kuwa: 2012-03-14 09:07:06 |
Tariki ya 10 Werurwe 2012, Umuvunyi wo muri Kenya Bwana Otiende Amollo n’abari bamuherekeje 3 basoje urugendo rw’iminsi ibiri bagiriye ku Rwego rw’Umuvunyi. Uru ruzinduko rukaba rwari rugamije kwigira ku Rwego rw’Umuvunyi kuko urwo rwego rumaze amezi atatu rutangiye imirimo. “U Rwanda ni igihugu cya mbere dusuye dushaka kucyigiraho ku byiza rumaze kugeraho mu guteza imbere imiyoborere myiza “byatangajwe na Amollo Urwego rw’Umuvunyi rwa Kenya rukaba rufite inshingano zo gukemura ibibazo by’akarengane hatezwa imbere imiyoborere myiza nde....
|
| First Prev ( Page 3 of 15 )NextLast |