Alternate_img
The Latest News Are Listed From Most Recent To Oldest Kinya
IBIBAZO 9 BIFITE UMWIHARIKO BYAKIRIWE MU MWAKA WA 2009
Kuwa: 2010-03-02 17:03:14




  • Umugore yagiye kwivuza mu bitaro umuganga amukuramo inda ya nybabyeyi ntiyabimubwira, ubwo yari arwaye agiye kwivuza undi muganga amubaza niba yarigeze abibwirwa arahakana. Babifashijwemo n’intumwa ya Leta, MINISANTE imwizeza kuzamufasha mu buzima bwe harimo no kumushakira aho aho aba kuko uwo bashakanye yabonye ko atakibyaye kuko uwo yari umwana wa mbere ahita amuta ; ubwo yari yizeye ko byibuze agiye kubona aho aba asanga kuri konti ye barashyizeho 500.000frw, arumirwa ;

  • .Muri iyi minsi y’impere z’umwaka, harakirwa ibibazo bishingiye ku ....
    [ Soma inkuru yose ]

UBUYOBOZI BW’UTURERE N’IMIRENGE BUKWIYE KUGIRA URUHARE MU GUFASHA ABATURAGE KUTAMBURWA NA BA RWIYEMEZAMIRIMO
Kuwa: 2010-03-02 16:50:14


Guhera mu kwezi kwa Mutarama 2010 kugera mu kwezi kwa Gashyantare 2010, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye runakurikirana mu turere twose tw’Igihugu ibibazo rwashyikirijwe n’abaturage kugira ngo bifatweho umwanzuro, ku bitari mu nshingano z’Urwego abaturage bagirwe inama z’izindi nzira byakemurirwamo. Mu bibazo bitandukanye abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi bakiriye bisa naho byagoranye gukemura harimo ibya ba rwiyemezamirimo bambuye abaturage ubu bikaba bigoye no kumenya aho baherereye. Ba rwiyemezamirimo usanga kenshi hari abatsindiye amasoko yo kubaka ibikorwa by’amajyambere....
[ Soma inkuru yose ]

First Prev ( Page 3 of 3 )Next Last