| IBIBAZO 9 BIFITE UMWIHARIKO BYAKIRIWE MU MWAKA WA 2009 |
| Kuwa: 2010-03-02 17:03:14 |
|
| UBUYOBOZI BW’UTURERE N’IMIRENGE BUKWIYE KUGIRA URUHARE MU GUFASHA ABATURAGE KUTAMBURWA NA BA RWIYEMEZAMIRIMO |
| Kuwa: 2010-03-02 16:50:14 |
|
Guhera mu kwezi kwa Mutarama 2010 kugera mu kwezi kwa Gashyantare 2010, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye runakurikirana mu turere twose tw’Igihugu ibibazo rwashyikirijwe n’abaturage kugira ngo bifatweho umwanzuro, ku bitari mu nshingano z’Urwego abaturage bagirwe inama z’izindi nzira byakemurirwamo. Mu bibazo bitandukanye abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi bakiriye bisa naho byagoranye gukemura harimo ibya ba rwiyemezamirimo bambuye abaturage ubu bikaba bigoye no kumenya aho baherereye. Ba rwiyemezamirimo usanga kenshi hari abatsindiye amasoko yo kubaka ibikorwa by’amajyambere.... [ Soma inkuru yose ] |
| First Prev ( Page 3 of 3 )Next Last |