| Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA yatorewe kuyobora EAAACA |
|
Kuwa: 2010-03-25 11:18:52
|
|
18/03/2010 : Umuvunyi Mukuru yatorewe kuyobora EAAACA mu nama yabereye i Kampala Kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 20 Werurwe 2010, i Kampala mu Gihugu cya Uganda hateraniye inama y’abayobozi bakuru ba EAAACA (East African Anti-corruption Authorities). Muri iyi nama, Umuvunyi Mukuru Tito RUTAREMARA akaba yaratangiye manda ye y’imyaka ibiri yo kuyobora inama y’abayobozi bakuru b’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu by’u Burundi, u Rwanda, Kenya, Tanzaniya na Uganda. Umuvunyi Mukuru akaba yarahawe iyi manda nyuma y’aho agiriwe ikizere n’abayobozi bakuru b’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu bya Afurika y’Uburasirazuba (East African Community) mu nama yabo yateraniye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi tariki ya 30 Ukwakira 2009. |
| Inkuru iherutse:
Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi bahawe ikiganiro ku nsanganyatsiko yo kwibuka ku nshuro ya 16 Jenoside yakorewe abatutsi
Nk’uko bisanzwe buri mwaka kuva tariki ya 07 kugeza ku ya 13 Mata, mu gihugu cyacu twibuka Jenoside yo muri 1994 yakorewe abatutsi igahitana inzirakarengane zisaga miliyoni. Ni muri urwo rwego ku wa gatanu tariki ya 09/04/2.... |
| Inkuru ikurikira:
IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE
IMIRIMO IRIMO GUKORWA N’ ISHAMI RISHINZWE GUKUMIRA RUSWA N’AKARENGANE Kwakira abaturage nk’uko bisanzwe kuwa mbere no kuwa gatatu wa buri cyumweru;
|
| Amakuru Yose |