Alternate_img
Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi ku wa 17/03/2010
Kuwa: 2010-03-25 10:19:36


Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ku wa 17 Werurwe 2010 ni 42 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira :


Ibibazo byerekeranye n’imanza : 16


Ibibanza n’imiturire : 5


Gacaca : 3


Umurimo : 8


Ibigo by’ubwishingizi : 1


Ibindi : 9


Nk’uko bigaragazwa n’imibare ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Muri iki cyiciro ni ngombwa kwibutsa inzira zo kujurira, kuko akenshi abagana Urwego rw’Umuvuny....
[ Soma inkuru yose ]

IBIBAZO BY’AKARENGANE BYAKIRIWE KU ITARIKI YA 15/03/2010
Kuwa: 2010-03-25 10:04:43

Abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi ku wa 15 Werurwe 2010 ni 47. Mu bantu bose bakiriwe bari bafite ibibazo binyuranye umuntu yashyira mu byiciro bikurikira:


-Ibibazo bijyanye n’imanza: 29


- Kurangiza nabi imanza za Gacaca: 1


-Ibibazo by’imitungo: 9


-Ibibazo byerekeye ubuyobozi: 4


-Ibibazo by’iyimurwa: 2


-Ibibazo by’ubwishingizi na CSR: 2


Ku bijyanye n’ibibazo by’imanza ari na byo byiganje cyane, dusanga ahanini ari imanza abantu batsinzwe ariko bakaba batarishimiye imiki....
[ Soma inkuru yose ]

Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi mu cyumweru cyo ku itariki ya 03/03/2010
Kuwa: 2010-03-24 11:04:14


Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ni 57 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira :
Ibibazo byerekeranye n’imanza : (57.14%)


Ibibanza n’imiturire : (11.90%)


Umurimo : (7.14%)
CSR : (4.76%)


Ibigo by’ubwishingizi : (4.76%)


Ibindi : (11.90%)


Nk’uko bigaragazwa n’iri sesengura ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Iki cyiciro na cyo gishobora kugabanywamo utundi twiciro dutatu dutoya ku buryo bu....
[ Soma inkuru yose ]

First Prev( Page 1 of 3 )NextLast