| Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi ku wa 17/03/2010 |
| Kuwa: 2010-03-25 10:19:36 |
|
Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ku wa 17 Werurwe 2010 ni 42 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira : Ibibazo byerekeranye n’imanza : 16 Ibibanza n’imiturire : 5 Gacaca : 3 Umurimo : 8 Ibigo by’ubwishingizi : 1 Ibindi : 9 Nk’uko bigaragazwa n’imibare ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Muri iki cyiciro ni ngombwa kwibutsa inzira zo kujurira, kuko akenshi abagana Urwego rw’Umuvuny....
|
| IBIBAZO BY’AKARENGANE BYAKIRIWE KU ITARIKI YA 15/03/2010 |
| Kuwa: 2010-03-25 10:04:43 |
|
Abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi ku wa 15 Werurwe 2010 ni 47. Mu bantu bose bakiriwe bari bafite ibibazo binyuranye umuntu yashyira mu byiciro bikurikira: -Ibibazo bijyanye n’imanza: 29 - Kurangiza nabi imanza za Gacaca: 1 -Ibibazo by’imitungo: 9 -Ibibazo byerekeye ubuyobozi: 4 -Ibibazo by’iyimurwa: 2 -Ibibazo by’ubwishingizi na CSR: 2 Ku bijyanye n’ibibazo by’imanza ari na byo byiganje cyane, dusanga ahanini ari imanza abantu batsinzwe ariko bakaba batarishimiye imiki....
|
| Ibibazo by’abaturage bakiriwe ku Rwego rw’Umuvunyi mu cyumweru cyo ku itariki ya 03/03/2010 |
| Kuwa: 2010-03-24 11:04:14 |
|
Abaturage bakiriwe ku biro by’Urwego rw’Umuvunyi ni 57 bafite ibibazo umuntu yashyira mu byiciro bitandatu bikurikira : Ibibanza n’imiturire : (11.90%) Umurimo : (7.14%) Ibigo by’ubwishingizi : (4.76%) Ibindi : (11.90%) Nk’uko bigaragazwa n’iri sesengura ibibazo byinshi ni ibirebana n’imanza. Iki cyiciro na cyo gishobora kugabanywamo utundi twiciro dutatu dutoya ku buryo bu....
|
| First Prev( Page 1 of 3 )NextLast |