Skip to main content Skip to page footer

Kwibuka 26

Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba abanyarwanda n’Isi yose bari mu bihe bidasanzwe byo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, bidashobora kubabuza Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni mu butumwa Umukuru w’Igihugu yagejeje ku banyarwanda tariki ya 7 Mata 2020, ubwo abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batangiraga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi. Wakurikira ijambo rirambuye hano

Back